Guverineri arakangurira Abanyaminazi kwitabira umurimo kuko ari inzira yo kwigira

Bosenibamwe agira ati: “Kwitabira umurimo ni inshingano iremeye cyane nk’Abanyarwanda, ni yo nshingano ituganisha kwigira….Kwigira ntabwo bipfa kwizana; kwigira birahanirwa. Ntabwo uzicara hano chagwe isakoshi y’amafaranga...[more]
Hakozwe urugendo rwo kwamagana ibiyobyabwenge hanatwikwa ibifite agaciro gasaga ibihumbi 250

Abanyeshuri bari kumwe n’abarimu bakoze urugendo rwo kwamagana ibiyobyabwenge mu mashuri. Nyuma yo kugezwa ubutumwa bubakangurira kwirinda ibiyobyabwenge banatwitswe ibiyobyabwenge bifite agaciro gasaga...[more]
URUBYIRUKO RWITABARIYE AMAHUGURWA YO KWIHANGIRA UMURIMO NO GUCUNGA NEZA IMISHINGA

Mu rwego rwo gukomeza kwitabira ukwezi kwahariwe ibikorwa by’urubyiruko (Youth Connekt mouth 2013), kuri uyu wa mbere mu Karere ka Gakenke hatangijwe amahugurwa yo kwihangira umuririmo no gucunga neza imushinga...[more]
Umunsi w’abakozi ni igihe cyo gufata ingamba z’ibyo tugomba kugeraho-Umuyobozi w’akarere

Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke Nzamwita Deogratias, avuga ko kwizihiza umunsi w’abakozi ari ngombwa kuko umukozi yishimira ibyo yagezeho akanafata ingamba z’ibindi agomba kugeraho mu minsi iri imbere. Umuyobozi...[more]

