Ingo zisaga ibumbi 75 mu Karere ka Gakenke zoroye amatungo magufi n’amaremare
Akarere ka Gakenke ni kamwe mu Turere tw’u Rwanda dufite abaturage…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu, Bwana NIYONSENGA Aimé François yahaye ikaze itsinda riyobowe n'Umunyamabanga…
Ku wa 15 Ukwakira 2025, Mu Mirenge itandukanye y'Akarere ka Gakenke habereye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w'Umugore wo mu Cyaro, ku rwego…
Mu Marushanwa ya Kawa nziza zifite umwihariko mu Rwanda aheruka kuba muri uyu mwaka wa 2025, kawa ihingwa ikanatunganywa na Koperative Twongere Kawa…
Nyirangoboka Venatie, umwe mu bageze mu zabukuru wo mu Murenge wa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, avuga ko yateganyirije amasaziro ye mu rwego rwo…
Musanabaganwa Marie-Françoise, Umukozi w’Umurenge wa Gashenyi ushinzwe irangamimerere na Notariya, avuga ko umuryango wasobanukiwe neza akamaro…
Binyuze mu bufasha yahawe n’Umuryango World Vision Rwanda, Manizabayo Jean d’Amour wo mu Murenge wa Kivuruga, Akarere ka Gakenke amaze kugera kuri…
Ku wa 12 Nzeri 2025, mu Murenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke hasojwe amarushanwa y'isuku no kurwanya imirire mibi n'igwingingira mu bana bato wari…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana NIYONSENGA Aimé François, yakebuye ababyeyi batitabira kohereza abana ku ishuri…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana NIYONSENGA Aimé François, yabwiye urubyiruko ko arirwo cyizere cy’ejo hazaza…